RFL
Kigali

Yatunguwe n’ubuto bw’igitsina cy’umugabo we nyuma y’igihe kinini anyotewe igikorwa cy’abashakanye

Yanditswe na: Liliane Kaliza
Taliki:9/12/2019 15:58
0


Umugore yatangaje amakuru ababaje avuga ku kuntu yategereje umugabo we igihe kinini kugira ngo bakore ubukwe bemererwe gukora imibonano mpuzabitsina, gusa yaje gutungurwa bikomeye no kumenya ko igitsina cy’umugabo we gipima santimetero eshatu gusa (3cm)



Ubusanzwe ubukwe buranezeza cyane ariko rimwe na rimwe bukanagira udushya. Uyu mugore w’imyaka 27 yari yarategereje umugabo we w’imyaka 32 igihe kinini nk'uko yabitangarije ikinyamakuru The Dailymail ariko aza gutungurwa no kuba umugabo we afite igitsina gito cyane.

Ibi byaramubabaje cyane avuga ko umugabo we yamubeshye igihe kinini akanga ko baryamana mbere y’igihe naho ari ukumuhisha igitsina cye gito cyane ku buryo yaje gushyira ahagaragara ikibazo cye aho yibazaga ati “ Ese ndi umuntu mubi? Naba ndi muzima se?” Aha yibazaga impamvu yaba yarakunze umugabo ufite igitsina kingana gutyo,

Byaje kubura gica aho iyi nkuru yatumye n’umugabo ata ikuzo ariko bimwe mu bigo bishinzwe  gukurikirana iki kibazo bivuga ko ikibazo atari igtsina kigufi kuko bishoboka ko abantu bishimana hatagombye icyo aba bombi bapfuye.

Src: the daily mail 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND