Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy'Umwanditsi Mukuru cyo kugurisha ingwate cyatanzwe kuwa 05/11/2019 kugira ngo hishyurwe umwenda wa BANK OF AFRICA RWANDA LTD;
Hashingiwe ku mabwiriza y'Umwanditsi Mukuru NO 03/2010/ORG yo ku wa 16/11/2010 agenga ibyerekeye gukodesha, kugurisha muri cyamunara ndetse no kwegukana ingwate;
Ushinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko; tariki ya 03/12/2019 saa Saba z'amanywa azagurisha muri cyamunara inzu yubatse mu kibanza UPI No 1/03/08/04/1776 giherereye mu Mudugudu wa Gitagara, Umurenge wa Masaka, Akarere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali.
Uwakenera ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefone; 0788431314 cyangwa 0788532330.
Bikorewe i Kigali kuwa 07/11/2019
Ushinzwe kugurisha ingwate
Me MUKANDOLI Brigitte
TANGA IGITECYEREZO