RFL
Kigali

ITANGAZO RYA CYAMUNARA: Hagiye kugurishwa inzu iherereye mu karere ka Kamonyi

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:12/11/2019 13:40
0


Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy'Umwanditsi Mukuru No 019-075166 cyo kugurisha mu cyamunara ingwate tariki 30/09/2019 kugira ngo hishyurwe umwenda wa Banki;



Hashingiwe ku mabwiriza y'Umwanditsi Mukuru NO 03/2010/ORG yo ku wa 16/11/2010 agenga ibyerekeye gukodesha, kugurisha muri cyamunara ndetse no kwegukana ingwate;

Ushinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko; kuwa kabiri tariki ya 19/11/2019 saa Yine (10Hrs) za mu gitondo azagurisha muri cyamunara inzu iri mu kibanza NO UPI: 2/08/12/01/847 iherereye mu Kagari ka Gihara, Umurenge wa Runda, Akarere ka Kamonyi, Intara y'Amajyepfo.

Abakeneye ibindi bisobanuro bahamagara kuri telefone igendanwa; 0788302502

Ushinzwe kugurisha ingwate

MUBANGIZI Frank







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND