Umuziki ni imwe mu kingi zikoreshwa na benshi mu buzima bwabo bwa buri munsi. Abantu benshi bashobora kwifashisha umuziki mu gihe cy’ibyishimo ndetse no mu matage. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe urutonde rw'abahanzi 10 b'ibihe byose mu njyana ya Hip Hop.
Injyana ya Hip hop ikunzwe gushyirwa mu majwi nk'imwe mu njyana
ziba zuzuye ubutumwa ndetse ikaba ifatwa nk’imwe mu nzira abahanzi bakoresha
bavugira rubanda rugufi. Ibi ni nabyo bituma ihora ku isonga ndetse ibi bigaha
umurindi wo gukundwa ku bahanzi bayikora.
Menya urutonde rw’abahanzi
10 b'ibihe byose muri iyi njyana
10. Kanye West9. Jay-Z8. Ice Cube
7. Snoop Dogg6. Dr. Dre5. Nas4. Kendrick Lamar3. Tupac2. The Notorious B.I.G
1. Eminem
Menya udushya ndetse n'ibigwi by'aba bahanzi 10 b'ibihe byose mu njyana ya Hip Hop
Src: universe.com, ranker.com
TANGA IGITECYEREZO