RFL
Kigali

Rtd.Brig.Gen Rwigamba Andrew wayoboye Polisi y'u Rwanda yitabye Imana

Yanditswe na: Muvunyi Arsene
Taliki:17/10/2019 10:35
0


Rtd.Brig.Gen Rwigamba Andrew wabaye umuyobozi mukuru wa Polisi y’Igihugu, yitabye Imana azize uburwayi. Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 17 Ukwakira 2019 aho yaguye mu bitaro Cairo International Medical Center mu Misiri



Rwigamba Andrew yabaye umuyobozi wa Polisi y’Igihugu kugeza mu 2008 asubira mu ngabo z’u Rwanda aza gusezererwa mu 2013 hamwe n’abarimo Gen Gatsinzi Marcel, Gen Ibambasi Alex n’abandi. Nyuma yo gusezererwa mu ngabo z’u Rwanda yakomeje gutanga umusanzu we muri Minisiteri y’ingabo aho yabaye Umuyobozi Mukuru ushinzwe imikoranire mpuzamahanga mu bya gisirikare.

Rtd.Brig.Gen Rwigamba Andrew yabaye mu ngabo z'u Rwanda






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND