RFL
Kigali

VIDEO: Menya uko wasezerera umubyibuho ukabije

Yanditswe na: Liliane Kaliza
Taliki:4/10/2019 10:39
1


Muri iyi minsi ya none usanga abantu benshi bugarijwe n’umubyibuho ukabije aho usanga umuntu afite ibiro by’umurengera ari nabyo bimutera uburwayi butandukanye burimo umwijima, diabete, stroke n’ibindi.



Ubusanzwe umubyibuho ukabije uterwa n'ibintu byinshi bitandukanye birimo kurya ibyo kurya birenze ibyo umubiri ukoresha noneho umuntu ntanakore siporo ari ho usanga umuntu afite umubyibuho ukabije ari nawo ntandaro y'indwara zitandukanye nk'uko David ushinzwe imirire mu kigo Relax life center abisobanura.

Umubybuho ukabije ni ikimenyetso cyerekana ko umubiri utameze neza ari nayo mpamvu ukimara kubona ko umubiri wawe ugenda wiyongera ku muvuduko mwinshi ukwiye kugana muganga akagufasha kuko iyo bitinze bizamo uburwayi butandukanye burimo umutima, diabete n'izindi. Nubwo bimeze gutyo ariko ngo birashoboka ko umuntu agabanya ibiro bye kandi mu gihe gito cyane.

Kanda hano urebe byose kuri iyi nkuru

 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Jenny meissa4 years ago
    Njyewe ndasha kubyibuha ndananutse cyane kdi sikonavutse





Inyarwanda BACKGROUND