RFL
Kigali

ITANGAZO: Hagiye kugurishwa mu cyamunara inzu yubatse muri Kamonyi

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:3/10/2019 10:44
0


Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy'Umwanditsi Mukuru No 019-075166 cyo kugurisha mu cyamunara ingwate cyatanzwe tariki ya 30/09/2019 kugira ngo hishyurwe umwenda wa Banki;



Hashingiwe ku mabwiriza y'Umwanditsi Mukuru NO 03/2010/ORG yo ku wa 16/11/2010 agenga ibyerekeye gukodesha, kugurisha muri cyamunara ndetse no kwegukana ingwate;

Ushinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko ku wa Kabiri tariki ya 29/10/2019 saa Yine (10h:00) za mu gitondo azagurisha muri cyamunara inzu iri mu kibanza No UPI: 2/08/12/01/847, iherereye mu Kagari ka GIHARA, Umurenge wa RUNDA, Akarere ka KAMONYI, Intara y'AMAJYEPFO.

Abakeneye ibindi bisobanuro bahamagara kuri telefone igendanwa; 0788302502

USHINZWE KUGURISHA INGWATE

MUBANGIZI Frank


Itangazo rya cyamunara






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND