Kuva ku Cyumweru tariki 15 kuzageza kuwa 22 Nzeri 2019, u Rwanda ruri kwakira igikombe cya Afurika cya Volleyball y’abafite ubumuga (2019 Africa Para Volleyball Championship).
Mu cyiciro
cy’abagore, imikino yatangiye tariki 15 Nzeri 2019 ikazarangira kuri uyu wa
Kabiri tariki 17 Nzeri 2019 ubwo Misiri izaba icakirana n’u Rwanda. Ikipe
izatsinda muri ibi bihugu byombi izaserukira umugabane wa Afurika mu mikino
Paralympique 2020 izabera i Tokyo mu Buyapani.
Muri iyi
mikino, u Rwanda rufitemo ikipe y’abagore ikaba magingo aya ihanganye na Misiri
ku mugabane wa Afurika.
Muri iyi
nkuru tugiye kurebera hamwe amazina n’amafoto y’abakinnyi bahagarariye u Rwanda
muri iri rushanwa kugira ngo n’abatabazi babashe kubamenya.
Bazubagira
Claudine, Kwizera Carine, Mukobwankawe Liliane (Captain), Musabyemariya Alice,
Nyirantungane Providence, Nyirambarushimana Sandrine, Nyiraneza Solange,
Nyiranshimiyimana Agnès, Murebwayire Claudine, Umutoni Clementine,
Mushimiyimana Chantal na Mugirwanake
Louise ni bo bagize ikipe y’abakinnyi 11 bahagarariye u Rwanda.
Abakinnyi 11 b'u Rwanda
Igikurikira
n’uko tugiye kureba amafoto, amazina na nimero igiye iranga umukinnyi kugira
ngo turusheho kubatandukanya.
Reka turebe
urutonde ruriho abakinnyi bose na nimero ibaranga mu irushanwa. Turahera ku
mukinnyi ufite umubare muto tumanuke tugeze ku mukinnyi ufite nimero igizwe n’imibarwa
ibiri ibyara umubare munini.
Dore uko
abakinnyi bakurikirana bitewe na nimero bambara ku myenda:
1.NYIRANSHIMIYIMANA
Agnes
2.MUGIRWANAKE
M.Louise
3.MUREBWAYIRE
Claudine
4.NYIRAMBARUSHIMANA
Sandrine
5.MUSABYEMARIYA
Alice
7.BAZUBAGIRA
Claudine
8.KWIZERA
Carine
11.NYIRANEZA
Solange(Libero)
13.UMUTONI
Clementine
15.MUKOBWANKAWE
Liliane(Captain)
16.MUTUYIMANA
Chantal
Nyiranshimiyimana Agnes (1)
Mugirwanake Louise (2)
Murebwayire Claudine (3)
Bazubagira Claudine (7)
Kwizera Carine (8)
Nyiraneza Solange (11)
Umutoni Clementine (13)
Mukobwankawe Liliane (15) kapiteni w'u Rwanda
Mutuyimana Chantal (16)
PHOTOS: Saddam MIHIGO (INyarwanda.com)
TANGA IGITECYEREZO