RFL
Kigali

ITANGAZO: Hagiye kugurishwa muri cyamunara inzu iherereye i Rusororo

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:13/09/2019 13:40
0


Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy'Umwanditsi Mukuru No 019-054151 cyo kugurisha ingwate cyatanzwe kuwa 24/07/2019 kugira ngo hishyurwe umwenda wa Banki;



Hashingiwe ku mabwiriza y'Umwanditsi Mukuru No 03/2010/ORG yo kuwa 16/11/2010 agenga ibyerekeye gukodesha, kugurisha muri cyamunara ndetse no kwegukana ingwate;

Ushinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko tariki ya 19/09/2019 saa cyenda z'amanywa, azagurisha muri cyamunara inzu iri mu kibanza No 1/02/14/03/1315, iri mu kagari ka Kabuga I, Umurenge wa Rusororo, Akarere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali.

Cyamunara izabera aho iyo nzu iherereye. Uwakenera ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefone igendanwa No 0788550679 cyangwa 0788532330.

Bikorewe i Kigali kuwa 12/09/2019

Ushinzwe kugurisha ingwate

UMUGIRANEZA Jean Michel


Itangazo rya cyamunara






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND