Burya ngo iyo umuntu atetse apfunduye ibiryo, intungamubiri zose ziraguruka umuntu agategura ibiryo azi ko byuzuye intungamubiri ariko burya ziba zagurutse ahanini zifatwa na wa muntu uri guteka ari nayo mpamvu aba abyibushye.
Si byiza kandi guhata ibyo kurya birimo ibirayi, ibijumba, ibitoki ndetse na karoti kuko burya intungamubiri zabyo zibera mu bishishwa, iyo umuntu ahase ibyo kurya rero aba atakaje intungamubiri ari yo mpamvu umuntu akwiye kubiteka atabihase.
Ngo ni nayo mpamvu bamwe mu bantu bateka bahora babyibushye. Ahanini ni uko bateka bapfunduye inkono za ntungamubiri bakazifatira. Ni nayo mpamvu burya ngo iyo bageze ku meza batagira appetit kuko baba bahagijwe na wa mwuka uva mu biryo batapfundikiye.
Kanda kuri iyi link urebe Video
TANGA IGITECYEREZO