Guca imyeyo ngo byari umuco wa kera, nta mukobwa wo hambere wajyaga gushaka umugabo atarakoze icyo gikorwa bitewe n'uko cyafashaga cyane mu kubaka urugo hagati y'abashakanye.
Yitwa MUKAMANA Dativa cyangwa se shangazi izina azwiho cyane mu gufasha abakobwa ku bijyanye no guca imyeyo aho yemeza neza ko wari umuco nyarwanda kuko umukobwa utarabikoraga yashakaga umugabo yasanga atarabikoze agasendwa agasanga ba nyirasenge bakamufasha muri icyo gikorwa
Shangazi yemeza neza ko no kuri ubu guca imyeyo ari igikorwa cyiza kandi gifasha ati "Iyo uje ndakuganiriza nkakubwira uko ubigenza byakunanira nkagufasha ariko bigakorwa, n'ab'imyaka 40 birakunda kandi abagabo benshi barabikunda kuko biba bifite itandukaniro hagati y'umuntu wabikoze n'utarabikoze"
Kanda kuri iyi link urebe video
TANGA IGITECYEREZO