RFL
Kigali

“ Azabireba mu mashusho…” Nsengiyumva (Igisupusupu) yigambye kurusha Diamond abafana –IKIGANIRO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:18/08/2019 11:22
2


Mu minsi ishize ni bwo Nsengiyumva (Igisupusupu) yamenye ko agomba gutaramira ku rubyiniro rumwe na Diamond, ahita ahiga kuzarusha abafana uyu munyatanzaniya akamwereka ko no mu Rwanda hari abahanzi bakunzwe kandi bakomeye. Iki gitaramo rero cyashyize kiraba ndetse bananyura ku rubyiniro rumwe.



Aba bahuriye mu gitaramo cya Iwacu Muzika Festival byarangiye bose bitwaye neza, icyakora mu kiganiro Nsengiyumva yagiranye na Inyarwanda yaduhamirije ko yakoze cyane ndetse Diamond byinshi azabibona mu mashusho cyane ko ahamya ko yamurushije abafana. Uyu mugabo ucuranga umuduri ariko akaba mu bakunzwe mu Rwanda yashimiye abanyarwanda bamweretse urukundo ndetse bakanashyigikira muzika nyarwanda mbere yo gushyigikira umunyamahanga.

REBA HANO UKO NSENGIYUMVA IGISUPUSUPU YITWAYE MURI IKI GITARAMO

REBA HANO IBYO NSENGIYUMVA YATANGAJE NYUMA Y’IGITARAMO 







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • erega4 years ago
    Koko Nsengiyumva akunzwe cyane kbs nakomeze.
  • IRAMBONATIMOTEYO4 years ago
    KUMASHUSHO IGISUPUSUPU AZABAAGARAGARA BARIKUMW ENADAYAMONDI





Inyarwanda BACKGROUND