RFL
Kigali

The Trend: Sano Olivier yishongoye ku bari kumuvuga // Aba Bishops birukanywe bazize gushaka guhirika Gitwaza basabye imbabazi

Yanditswe na: Editor
Taliki:9/08/2019 20:08
1


Mu kiganiro The Trend cy'uyu munsi turaza kurebera hamwe amakuru y'ibyamamare, indirimbo nshya, amakuru y'amarushanwa y'ubwiza, siporo ndetse n'ibitaramo bishyushye biri muri iyi weekend.



Mu makuru y'uyu munsi turakugezaho inkuru zitandukanye harimo indirimbo nshya, amarushanwa y'ubwiza ya Miss Supranational Rwanda ageze ahakomeye n'ibitaramo birirmo Spark Your Talent itegurwa na Techno ndetse True Worship Live Concert ya True Worship Concert itegerejwemo icyamamare Benjamin Dube wo muri Afrika y'Epfo. Turasangamo kandi inkuru ivuga ku ba Bishops birukanywe muri Zion Temple bashinjwa gushaka guhirika Gitwaza, ariko ubu bakaba basabye imbabazi.

REBA HANO IKIGANIRO THE TREND







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Hirwa4 years ago
    Inkuru ya Sano isigaye iteye ashyi. Jyewe isigaye intera isereri nkarwara muzunga. Ariko nta kuntu iyi mbwa mwazareka kuyigarura hano?





Inyarwanda BACKGROUND