RFL
Kigali

Perezida wa Tuniziya yitabye Imana ku myaka 92 y'amavuko

Yanditswe na: Liliane Kaliza
Taliki:25/07/2019 17:09
0


Ku myaka ye 92, Umukuru w'igihugu cya Tuniziya, Beji Caid Essebsi, yitabye Imana. Essebsi, yagize uruhare muri leta ya Tuniziya kuva mu mwaka wa 1956, yaje kumenyekana cyane nyuma y’ihurikwa ku butegetsi rya Zine El Abidine Ben Ali.



Ihirikwa rya Ben Ali ryazanye impinduka mu bihugu by’abarabu, yaje kwitwa "Arab Spring" mu rurimi rw’icyongereza.

Nubwo yakoranye na leta yabanje yasaga nk’iyoboza igitugu, yafatwaga nk’umukozi ukora neza kandi ahanga udushya

Ishyaka rye rishya Nidaa Tunis, ryatsindiye imyanya myinshimu nteko ishinga amategeko bimuviramo gutorwa nk'umukuru w'igihugu mu 2014

Src: BBC






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND