RFL
Kigali

VIDEO: Hari icyo waba uzi ku ndwara yo kudidimanga? Dore inkomoko yayo

Yanditswe na: Liliane Kaliza
Taliki:2/04/2019 8:15
0


Mu buzima busanzwe, hari abantu usanga iyo bagiye kuvuga bibagora cyane ndetse bajya kuvuga bakabanza kurwana n’amagambo umwanya munini ijambo ryanze gusohoka ndetse ryanasohoka ugasanga umuntu aragenda asubiramo amagambo inshuro nyinshi. Muri iyi nkuru turagufasha kumenya inkomoko y'iyi ndwara.








TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND