Mu buzima busanzwe, hari abantu usanga iyo bagiye kuvuga bibagora cyane ndetse bajya kuvuga bakabanza kurwana n’amagambo umwanya munini ijambo ryanze gusohoka ndetse ryanasohoka ugasanga umuntu aragenda asubiramo amagambo inshuro nyinshi. Muri iyi nkuru turagufasha kumenya inkomoko y'iyi ndwara.
TANGA IGITECYEREZO