RFL
Kigali

"Nayanditse ndi mu bihe byiza na Mwuka Wera" Karen Uwera avuga ku ndirimbo ye nshya 'Every knee shall bow'-YUMVE

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:12/03/2019 16:40
0


Nyuma yo gukora indirimbo zinyuranye zirimo; Hallelujah to the Lord, I surrender, Mama Rwanda, He will do it n'izindi, kuri ubu Karen Uwera yamaze gushyira hanze indirimbo nshya yise ''Every knee shall bow'' yanditse ari mu bihe byiza na Mwuka Wera nk'uko yabitangarije Inyarwanda.com.



UMVA HANO INDIRIMBO 'EVERY KNEE SHALL BOW' YA KAREN UWERA

'Every knee shall bow' ni indirimbo nshya ya Karen Uwera ikubiyemo ubutumwa buhamya imbaraga z'Imana, ubutware bwa Yesu n'urukundo rwe. Ni indirimbo iri mu rurimi rw'icyongereza. Aganira na Inyarwanda.com Karen Uwera uzwi mu ndirimbo Mama Rwanda yakoranye na Yves, yagize ati: "Ni indirimbo yo kuramya, nayanditse ndi mu bihe byiza na Mwuka Wera. Ni indirimbo yo guhamya imbaraga z'Imana, ubutware bwa Yesu n'urukundo rwe."


UMVA HANO INDIRIMBO NSHYA 'EVERY KNEE SHALL BOW' YA KAREN UWERA







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND