RFL
Kigali

Itangazo rya cyamunara y'umutungo utimukanwa

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:25/10/2020 11:46
0


Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo REF: 020-066823 cy'Umwanditsi Mukuru muri RDB cyo kugurisha ingwate yo kuwa 06/10/2020 kugira ngo hishyurwe umwenda wa Banki, ushinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko;



Kuwa 06/11/2020, guhera i saa 11H:00 z'amanywa azagurisha muri cyamunara ya mbere umutungo utimukanwa ufite UPI: 4/03/08/01581 uherereye mu Mudugudu Muhoza, Akarere ka Musanze, Intara y'Amajyaruguru. Uwo mutungo ugizwe n'ubutaka burimo inzu bufite ubuso bungana na 368 M2, ukaba ufite agaciro kangana na 19,523,550 Frw. 

Abifuza gupiganwa bakoresha uburyo bw'ikoranabuhanga bagomba kuba bishyuye ingwate y'ipiganwa ya 5% ingana na 876,177 Frw azashyirwa muri konti 000400696575429 iri muri Banki ya Kigali (BK) yanditse kuri MINIJUST AUCTION FUND icungwa na Minisiteri y'Ubutabera. 

Mu gihe ikoranabuhanga ridakunze hazakoreshwa uburyo bwo kwakira amabahasha afunze neza kandi ubu buryo bwa kabiri buzakoreshwa ku itariki n'isaha iyi cyamunara izabera. Cyamunara izabera aho iyi mitungo igurishwa iherereye.

Gusura uyu mutungo uzagurishwa mu cyamunara bizakorwa buri munsi w'akazi no mu masaha y'akazi kuva saa 7H00 za mu gitondo kugeza saa Kumi n'imwe z'umugoroba (17H00) guhera tariki ya 22/10/2020 kugeza kuwa 5/11/2020. 

Abifuza ibindi bisobanuro mwahamagara kuri telefone 0788424537.

Bikorewe i Musanze kuwa 21/10/2020

Nyirandayambaje Mediatrice ushinzwe kugurisha ingwate ni we washyize umukono kuri iri tangazo


Itangazo rya cyamunara






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND