RFL
Kigali

Cyamunara: Hagiye kugurishwa umutungo urimo inzu uri muri Kigali ufite agaciro ka Miliyoni hafi 35 Frw

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:21/10/2020 17:33
0


Kugira ngo harangizwe icyemezo cy'Umwanditsi Mukuru Nimero; 020-058510 cyo kuwa 14/09/2020 uwashinzwe kugurisha ingwate MUNYANTARAMA Sadiki aramenyesha abantu bose ko;



Kuwa 26/10/2020 guhera saa Cyenda (15H00) za mu gitondo azagurisha mu cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n'inzu zubatse mu kibanza gifite UPI: 1/02/10/04/3292, ubuso bungana na 564 M2, agaciro kangana na 34,952,200 Frw Uherereye mu mudugudu wa Taba, Akagari ka Murama, Umurenge wa Kinyinga, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali, kugira ngo hishyurwe umwenda abereyemo banki.

Gupiganwa mu buryo bw'ikoranabuhanga bizatangira tariki ya 20/10/2020 saa 08H00, birangire tariki ya 26/10/2020 saa Tatu (09H00), gusura uwo mutungo bizatangira tariki ya 20/10/2020 kugeza tariki ya 25/10/2020 mu masaha y'akazi.

Abifuza gupiganwa muri iyi cyamunara bagomba kwishyura ingwate y'ipiganwa ingana na 1,747,610 Frw akishyurwa kuri konti nimero 000400696575429 iri muri Banki ya Kigali (BK) yanditse kuri MINIJUST-AUCTION FUNDS ya Minisiteri y'Ubutabera.

-Ifoto n'igenagaciro by'uwo mutungo biboneka ku rubuga rw'imanza zirangira, www.cyamunara.gov.rw

-Abifuza ibindi bisobanuro bahamagara kuri telefone igendanwa; 0788437221

Bikorewe i Kigali kuwa 19/10/2020

Ushinzwe kugurisha ingwate MUNYANTARAMA Sadiki ni we washyize umukono kuri iri tangazo


Itangazo rya cyamunara






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND