Muri iyi minsi ibihugu byinshi bya Afurika byugarijwe n’ibibazo birimo ubwicanyi, gucana inyuma, uburozi n’ubushimusi. Gucana inyuma na kera byahozeho ariko ubu bimaze gufata indi ntera kugeza ubwo umugore asigaye asambana n’umwana we nk’uko byagaragajwe n’ikiganiro cyo kuri whatsapp cyateye umugabo kugwa igihumure.
Umugore: Bite?
Umusore: Ni byiza
Umugore: Ndagukumbuye
Umusore: Nanjye ndagukumbuye, ariko ko unyandikiye muri iki gicuku?
Umugore: None sinzongere kukwandikira,
Umusore: Si ibyo mvuze. Ariko se Papa akangutse agasanga uri kunyandikira?
Umugore: So mureke. Ni umugabo wanjye, nzi uko mutwara.
Umusore: Ndabyumva.
Umugore: Tuzongere tubikore ryari?
Umusore: Dukora iki?
Umugore: Ntukigire utyo, ni ukubera amafaranga nanze kuguha?
Umusore: Ashyiraho akamenyetso ko kwica ijisho.
Umugore: Ntugire ikibazo. Nakubwiye ko nzayaguha mu cyumweru gitaha.
Umusore: Icyo wakora cyose.
Umugore: Awww, mukunzi wimera utyo.
Umusore: Ntabwo unkunda, uri kunkoresha nk’imashini y’ubusambanyi.
Umugore: Urabizi ko wibeshye.
Umusore: Icyumweru cyose.
Umugore: Yego mukunzi. Ashyiraho akamenyetso k’ibiringanya n’ironji
Umusore: Wowe n’igitsina
Umugore: Urabizi ko ashaje cyane, ntabwo akimpaza.
Umusore: Yego, ariko utegure amafaranga yanjye azabe yabonetse.
Umugore: Ntugire ikibazo urabizi ko ngukunda.
Umusore: Hanyuma ya modoka nshya.
Umugore: Mbirimo.
Umusore: Wowe kora ibikureba ubundi nanjye nzakuryohereza.
Umugore: Ntugire ikibazo, narabikwemereye.
Umusore: Ibyo nibyo wambwiye umwaka ushize. Nshaka gusinzira.
Umugore: Nta kibazo, mukunzi ndagukunda. (Ashyiraho utumenyetso two gusomana).
Iki kiganiro ni cyo se w’uyu mwana akaba n’umugabo w’uyu mugore yabonye ahita agwa igihumure ajyanwa mu bitaro.
Src: Twitter
TANGA IGITECYEREZO