Uyu mugore ukomoka mu gihugu cya Zimbabwe akaba ngo asanzwe aryamana n’abagabo bafite abagore. Bikaba bivugwa ko ibi yaba yarabikorewe n’umwe muri aba bagore yatwariye umugabo witwa Mai Tawanda ngo wari waramwihanangirije kugendera kure umugabo we.
Nyuma y’ibi Chipo yagiye gusaba imbabazi kwa Mai hanyuma murumuna we abasha kumwumva aramuvura arakira.
Uyu mugore akaba akomeza asaba imbabazi buri mugore wese yaba yaratwariye umugabo.
Denyse Iranzi
TANGA IGITECYEREZO