Ibi ngo akaba abihamya ashingiye ku buryo Kanye yatakaje amafaranga menshi ku nda ya Kim kandi na Kim nawe atigeze yishimira icyemezo cy’uko Kanye azahita ajya mu izenguruka akora ibitaramo byo kumurika album ye ubwo Kim azaba akimara kubyara.
Wendy Williams umenyerewe muri Wendy Williams Show
Wendy ati “ We na Kanye ntibazabishobora. Murumva ko agiye kuba wenyine kandi na Kanye nawe ibi arabirambiwe, amaze kumutakazaho amafaranga atari make.”
Kim Kardashian hamwe n'umuraperi Kanye West ubwo bari muri Brezil
Urukundo rw’ibi byamamare ruri mu bivugwaho byinshi cyane muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika dore ko badahwema kwandikwa mu binyamakuru bitandukanye aho bagenda ku migabane yose y’isi.
Denyse Iranzi
TANGA IGITECYEREZO