RFL
Kigali

Umwana w'imyaka 10 wo muri Kenya yibarutse umuhungu

Yanditswe na: ndayizeye claude
Taliki:17/05/2013 9:27
0




Bivugwa ko Chelagat yatewe iyi nda n’umuturanyi we wo mu karere ka Kericho ariko uwo muhungu akaba ahakana ko ari we wayimuteye ndetse akihakana urwo ruhinja.

Gladys Chelagat ateruye uruhinja rwe mu bitaro

Kugeza ubu uyu mubyeyi ukiri muto arakurikinirwa hafi n’abaganga bo mu bitaro by’akarere ka Kericho aho abaganga bavuga ko amerewe neza ariko bizamusaba kumara igihe kinini akurikiranirwa mu bitaro we n’uruhinja rwe kugira barindwe ibibazo byose bagira.

Uyu mubyeyi abaye umubyeyi wa kabiri ukiri muto muri Kenya ndetse no muri Afurika muri rusange kuko muri Gashyantare uyu mwaka ari bwo undi mukobwa w’imyaka 9 nawe yibarutse umwana w’umuhungu ndetse ubu akaba ameze neza nta kibaazo na kimwe afite.

Elisée Mpirwa






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND