RFL
Kigali

Umuherwe Richard w'imyaka 81 yakoze ubukwe n'umunyamidelikazi w'imyaka 24 - AMAFOTO

Yanditswe na: Editor
Taliki:18/09/2014 13:58
5


Umuherwe ukomoka mu gihugu cya Autriche witwa Richard Lugner w’imyaka 81 y’amavuko, yakoze ubukwe ku nshuro ye ya gatanu, ashakana n’umunyamidelikazi arusha imyaka 57, dore ko uwo mukobwa we afite imyaka 24 gusa y’amavuko. Mbere y’uyu mugore yari yarashatse inshuro enye atandukana n’abagore.



Uyu musaza Richard Lugner w’imyaka 81 y’amavuko, yambikanye impeta kuwa gatandatu w’icyumweru gishize n’umukunzi we Cathy Schmitz w’imyaka 24 y’amavuko, uyu akaba ari umunyamidelikazi bari bamaze igihe bakundana dore ko iby’urukundo rwabo byatangiye muri Gashyantare uyu mwaka.

UBUKWE

richard

Richard n'umukunzi we bakoze ubukwe bw'agatangaza

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

Richard n'umukunzi we bakoze ubukwe bw'agatangaza

Uyu mugabo ukuze Richard Lugner yamenyekanye kubera ibikorwa bye by’ubucuruzi byamugize umwe mu baherwe bakomeye cyane ku isi, muri ubu bukwe bwe akaba yaratangaje ko ikibazo cy’ikinyuranyo cy’imyaka ntacyo kibabwiye cyane ko ngo ibindi byose babihuza. Ubu bukwe bwabo bwitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye ku isi birimo Raquel Welch, Farrah Fawcett, Pamela Anderson na Paris Hilton.

 ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

Imyambarire idasanzwe, udushya n'ibyishimo bihebuje nibyo byaranze ubu bukwe

Imyambarire idasanzwe, udushya n'ibyishimo bihebuje nibyo byaranze ubu bukwe

Uyu niwo mutsima wagaburiwe abageni

Uyu niwo mutsima wagaburiwe abageni

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

N'ubwo hari ikinyuranyo kinini cy'imyaka hagati yabo, ubukwe bwabo bagaragaje urugwiro n'ibyishimo

Mu ntangiriro z’uyu mwaka, uyu muherwe Richard Lugner yatanze akayabo k’amadolari 500.000 (Asaga 350.000.000 z’amafaranga y’u Rwanda) kugirango asohokane na Kim Kardashian ariko aza gusanga yarahisemo nabi kuko ngo uyu mugore yahoraga mu byo kwifotoza, ibyo bigatuma agaragara nk’urambiranye.

Uyu musaza yigeze gushaka gukundana na Kim Kardashiam amuhaye akayabo ka'amadolari 500.000

Uyu musaza yigeze gushaka gukundana na Kim Kardashiam amuhaye akayabo ka'amadolari 500.000

Manirakiza Théogène






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Niwe9 years ago
    Namwe mukavuga Mlle Kamagaju!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!
  • Ruhararabu9 years ago
    Yampaye inka ! Uzi ko nanjye nta mpungenge mfite zo kuzarongora agakumi! Jyewe mfite imyaka 53. Inkumi yumva inkeneye yanyandikira da natwe tukagikemura kuko mfite umugore umfata nabi cyane mu buryamo!
  • drogba9 years ago
    ngaho nimurebe rero erega urukundo nubwo rusigaranye bakeya ariko rurahari. muti ni cash,gusa mushyire hasi kamagaju umunyaryanda mwene zacu.
  • Jado9 years ago
    Eheeeeee!!!!! Kamagaju ahise aba uruhinja.
  • Akimana eraste9 years ago
    yewe ndumiwe kabisa unomwana araye. nanjye ndamushaka kabisa murwanda. nimba ahari yabwira ngewe ntambwo ndimukuru. imyaka 39 ubishaka abwira. nomero yanjye niyi. 0782117138





Inyarwanda BACKGROUND