RFL
Kigali

Umuhanzikazi Maheeda akunda imibonano mpuzabitsina kuburyo yigeze kuryamana n'abavandimwe babiri icyarimwe

Yanditswe na: Editor
Taliki:6/08/2014 10:46
8


Umuhanzikazi Maheeda wo mu gihugu cya Nigeria, yatangaje ko aryamana n’umugabo we buri munsi ariko yaramuka amubuze agakoresha igitsina cy’ikigikorano kuko ngo atabasha kwihangana, anatanga ubuhamya ko yigeze kuryamana n’abasore babiri b’abavandimwe icyarimwe nyuma y’uko uwa mbere yari yamusondetse.



Uyu musore ufite n’umugabo, ibi yabitangarije ikinyamakuru Vanguard ubwo yasobanuraga ku bijyanye n’imiterere ye y’umubiri, ashimangira ko adashobora kumara byibura n’umunsi umwe adakoze imibonano mpuzabitsina n’umugabo we, mu gihe adahari akaba ahitamo kwikinisha akoresheje igitsina gabo cy’igikorano.

maheeda

Uyu mugore yatangaje ko ajya ashaka gukora imibonano mpuzabitsina kenshi ku munsi ariko akaba ataca inyuma umugabo we, gusa akaba agerageza kubyikorera akoresheje igitsina cy’igikorano mu gihe umugabo we atabasha kuboneka hafi.

Mu kiganiro kirekire yagiranye n’iki kinyamakuru, yanasobanuye ko yigeze kuryamana n’umusore ariko ntabashe kumushimisha, muri ako kanya hagahita haza undi musore uva indimwe n’uwo maze ntiyazuyaza kumwemerera kuko yumvaga undi ntacyo yamumariye. Ibi byose ariko ngo yabikoraga atarashaka umugabo, ubu ahamya ko adashobora kumuca inyuma.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • 9 years ago
    Imana imufashe kuko birarenze kabisaa
  • jean love9 years ago
    kuba yarateye intambwe akabitangariza abanyamakuru hari igihe yisubiyeho IMANA IMUFASHe
  • Ti Alex9 years ago
    Ni Danje Agerageze Kwihangana
  • Robert9 years ago
    Buriya ni uburwayi,akeneye abaganga!!!
  • 9 years ago
    UWAMUMPA.NGO.MUVUNIREMO.IMIHEHA.UMUGABEWEYARATOMBOYE
  • DEBOR9 years ago
    UWO MUGORE YARAGOWE
  • CROUD9 years ago
    UMUGABO YARAGOWE WAMUMPA
  • UMURISA ZIRI SOLAGE9 years ago
    YARAGOWE KBS





Inyarwanda BACKGROUND