Aba bagore binubira uburyo bagenzi babo muri Tuniziya bakatiwe urubanza mu minsi ishize ryo gufungwa amezi ane kubera ko bigaragambije bambaye ubusa hejuru, amabere agaragara.
Benshi babajwe n’ubukana abashinzwe umutekano bakoresheje bahutaza aba bagore mu rwego rwo kubatesha aho bivugwa n’ikinyamakuru Le Soir ko umwe muri bo yabuze umwuka ndetse agakomereka bikomeye.
Uyu mugore witwa Margo Frutier yataye ubwenge ariko ku bufasha bwa bagenzi be nyuma yaje kongera kugarura akuka maze avanwa aho yari yafatiwe.
REBA AMAFOTO
Les Femen buriye imodoka ya Minsitiri w'Intebe wa Tuniziya
Ushinzwe umutekano yakuruye akaguru k'umwe amutura hasi
Nguwo umunigo watumye Margo abura umwuka
Amaze kumuniga nyamara yamusize aho arigendera
Elisée Mpirwa
TANGA IGITECYEREZO