RFL
Kigali

Umugore wigaragambyaga yambaye ubusa yanizwe n'ucunga umutekano abura umwuka-AMAFOTO

Yanditswe na: ndayizeye claude
Taliki:27/06/2013 9:10
0




Aba bagore binubira uburyo bagenzi babo muri Tuniziya bakatiwe urubanza mu minsi ishize ryo gufungwa amezi ane kubera ko bigaragambije bambaye ubusa hejuru, amabere agaragara.

Benshi babajwe n’ubukana abashinzwe umutekano bakoresheje bahutaza aba bagore mu rwego rwo kubatesha aho bivugwa n’ikinyamakuru Le Soir ko umwe muri bo yabuze umwuka ndetse agakomereka bikomeye.

Uyu mugore witwa Margo Frutier yataye ubwenge ariko ku bufasha bwa bagenzi be nyuma yaje kongera kugarura akuka maze avanwa aho yari yafatiwe.

REBA AMAFOTO

Les Femen buriye imodoka ya Minsitiri w'Intebe wa Tuniziya

Ushinzwe umutekano yakuruye akaguru k'umwe amutura hasi

Nguwo umunigo watumye Margo abura umwuka

Amaze kumuniga nyamara yamusize aho arigendera

Elisée Mpirwa






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND