RFL
Kigali

Se wa Rihanna arifuza ko umukobwa we yongera akabana neza na Chris Brown

Yanditswe na: ndayizeye claude
Taliki:22/05/2013 14:27
0




Ntibyukana neza ukuntu nyuma y’ibyo uyu musore yakoreye umukobwa we mu mwaka wa 2009, uyu musaza yaba akunda cyane Chris Brown.

Yabwiye itangazamakuru at “Ndacyari umufana we ukomeye kandi uko byagenda kose ndacyamukunda.”

Ronald Fenty ari we se wa Rihanna bari kumwe na musaza we

“Bafitanye umubano ukomeye  niba hari ubwo batigeze kumvikana ntibivuze ko bizaba iby’ibihe byose. Mu gihe cy’amezi 2 bazaba bari kumwe neza cyane.”

Uyu mubyeyi akaba atangaza ko icyashimisha umukobwa we cyose nawe cyamubera cyiza cyane. Ibi akaba abitangaje nyuma yo gutandukana kw’ibi byamamare ndetse bikavamo no guterana amagambo ku rubuga rwa Twitter.

Denyse Iranzi






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND