RFL
Kigali

Mary J Blige mu bibazo bikomeye by'amafaranga y'imisoro

Yanditswe na: ndayizeye claude
Taliki:21/05/2013 8:31
0




Ubuyobozi bw’ubuyobozi bushinzwe imisoro muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (IRS) nabwo bukaba bumushinja ko atigeze yishyura uko bikwiye imisoro, aho agifite imyenda y’imisoro atarishyura kandi imaze imyaka nko mu w’ 2009 ($574,907.30), 2010 ($2,203,743.53) no mu 2011 ($647,604.60). Yose hamwe akaba asaga miliyoni 3 n’ibihumbi magana ane

Mary Jane Blige yegukanye ibihembo byinshi kubera ubuhanga bwe mu ndirimbo ze

Hejuru y’aya yose hiyongeraho ayo Leta ya New Jersey ivuga ko atarayishyura agera muri $ 901,769.65 ndetse n’umwenda wa banki ungana na miliyoni 2 n’ibihumbi 200 atarishyura.

Mary J Blige azwiho kwitwara neza imbere y'abafana be batari bake

Denyse Iranzi






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND