RFL
Kigali

Lady Mariam (Tindatine) arashaka umugabo baryamana akamuhaza kuko abo yaryamanye nabo bose ntacyo bamumariye

Yanditswe na: Editor
Taliki:26/06/2014 13:45
21


Umuhanzikazi Lady Mariam wo mu gihugu cya Uganda wamenyekanye cyane mu ndirimbo Tindatine yatangaje ko nta mugabo urabasha kumushimisha mu bijyanye no gutera akabariro, ubu akaba arimo gushakisha ngo arebe ko yabona uwagerageza akamurutira abandi bose yagiye aryamana nabo batabashije kumuhaza.



lady

Nk’uko amakuru dukesha ikinyamakuru Bigeye cyo muri Uganda abivuga, uyu muhanzikazi mu kiganiro yagiranye na radio yo muri Uganda yashimangiye ko abagabo bose yagiye aryamana nabo batigeze babasha kumunyura. Uretse ibyo kandi, uyu mugandekazi yagiye anavugwaho gukundana n’abagabo benshi bo mu mujyi wa Kampala ndetse harimo n’umunya Sudan Tito Tong, bivugwa ko uwo baryamanaga ntamunyure yahitaga amureka.

Uyu muhanzikazi ngo akeneye uwaziba icyuho cy'abo bagiye baryamana mbere

Uyu muhanzikazi ngo akeneye uwaziba icyuho cy'abo bagiye baryamana mbere

Uyu muhanzikazi bakunze kwita Tindatine kubera izina ry’indirimbo ye yitwa gutyo yakunzwe cyane ari nayo yamufashije kumenyekana, mu kiganiro n’iyo radio yatangaje ko ubu arimo gushaka umugabo wabasha kumunyura akaziba icyuho cy’abandi bose baryamanye ntibabashe kumushimisha uko bikwiye.

lady

Mu byatangaje abantu cyane, harimo kuba muri icyo kiganiro Lady Mariam yaranatangaje ko yakundanye n’abagabo batatu mu mwaka umwe, ariko abo bose bakaba bararyamanaga nawe ntibabashe kumuhaza ngo yumve anyuzwe ari nayo mpamvu yifuza uwabasha kuziba icyuho cy’abo yagiye akundana nabo bose bakanaryamana.

Manirakiza Théogène






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • TETA9 years ago
    naze mbimuramgirize ibyo nabyo.
  • Uwimana Blaise9 years ago
    Ahaaa!!ntibisanzwe!ahubwo ngirango afite ikibazo...namugira inama ko yatuza akagira umukunzi umwe agahazwa nawe.naho ubundi ntazigera abihaga!!!
  • rubya9 years ago
    Azaze mupfubure kabisa kabisa.
  • 9 years ago
    naze tubirangize
  • sisqo9 years ago
    naze ino mu rwanda
  • Aloys9 years ago
    mumunyakire akazi!!
  • Didier9 years ago
    Mana yanje,ahubwo ni dayimoni yamuteye yokugwisha abantu mucaha sinibazako ari umuntu asanzwe
  • 9 years ago
    ahubwo afise ikibazo
  • Peter9 years ago
    yebabawe njye ndiyizeye mumume kwereke apfaa kuba afite cash gusa
  • AUGUSTIN9 years ago
    YAZAMAMAGAYEKURIYINOMERO 0728804821
  • AUGUSTIN9 years ago
    YAZAMAMAGAYEKURIYINOMERO 0728804821
  • DEO9 years ago
    BAZAMUME NKWEREKE NZAMURONGORA NATARIRA AZABA ARUMUGABO NDIYIZEYE APFA KUBA AFITE CASH.
  • 9 years ago
    the world is approaching its end
  • DEO MANIRARORA9 years ago
    MUZAMUME NKWEREKE NZAMURONGORA NATARIRA AZABA ARI UMUGABO APFA KUBA AFITE CASH.
  • nteta9 years ago
    irari ntirishira ajye yemera ibyo bamukoreye
  • 9 years ago
    mwabona nimeroye ?mwamumpaye koyakwemera.
  • umuhoza noella9 years ago
    Ahhaa yewe biramukomereye niba yaramubuze ahubwo ararwaye ahubwo azivuze ararwaye bikaze
  • rwema john9 years ago
    Sha uyu mwana arababaye pe! namugira inama ko kwa muganga haba iyo bacomeka ikamara umuntu ipfa, cykra atanyuzwe yanshaka da.
  • CYIFUZO plindencais Emmanuel8 years ago
    Azaze hano iwacu murwanda nibwo azanyurwa. Nibwo ikifuzocye cyashira.
  • Cyifuzo 8 years ago
    Namunyuza agatuza. Munshakire number ye, ibindi mubindekere.





Inyarwanda BACKGROUND