RFL
Kigali

Kelly Rowland yahize mu kwandika amateka mu gitaramo cyo kumurika album

Yanditswe na: ndayizeye claude
Taliki:22/05/2013 14:03
0




Mu ndirimbo zigize iyi album nshya, uyu muhanzi akaba avuga byinshi ku buzima bwe ndetse no ku byiyumviro bye bwite, harimo nk’indirimbo, “Dirty Laundry” avugamo uko yumva ibyo gutera imbere cyane kwa Beyonce kumurusha ndetse hakaba hari n’indi avugamo itandukana rye n’umusore atavuze amazina.

Kelly Rowland yahoze mu itsinda rya Destiny's Child

Indirimbo  ndetse n’uburanga bw’uyu mukobwa ni bimwe mu bimukururira abafana batari bake. Iyi album ya kane igizwe n’indirimbo 15 harimo n’izo yagiye afatanya n’abandi bahanzi nka “You changed”  yafatanije na bagenzi  be bahoze mu itsinda Destiny’s Child, “Gone” yafatanyije na Wiz Khalifa, “Street Life” hamwe na Pusha T, “Skywalker” hamwe na The-Dream ndetse na “Talk A Good Game” ari nayo ndirimbo yitiriwe iyi album yafatanyije na Kevin Cossom.

Denyse Iranzi






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND