RFL
Kigali

Jamal yamaze kugera mu mujyi wa Kigali-AMAFOTO

Yanditswe na: Editor
Taliki:8/03/2014 12:49
3


Umuhanzi Jamal umaze igihe kirekire yitegura urugendo mu Rwanda aho agomba gufatanya na Bruce Melody mu gitaramo cyo kumurika alubumu ye ya mbere yise NDUMIWE.



Ku isaha ya saa sita zuzuye zo kuri uyu wa Gatandatu nibwo Jamal yasesekaye i Kanombe ku kibuga cy’indege mpuzamahanganga cya Kigali. Uyu muhanzi wageranye ubwitonzi bwinshi mu Rwanda yadutangarije ko yiteguye gutaramana n’abafana be bose bari bwifatanye na we mu gitaramo agomba gukorera mu mujyi wa Kigali kuri uyu mugoroba.

Twabibutsa ko itsinda ricurangira Jamal ryageze mu mujyi wa Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu bakaba bahise bajya gukora imyitozo ya nyuma no gusuzuma ibyuma bagomba gucurangisha mu gitaramo cya Bruce Melody.

Jamal

Nguwo Jamal ubwo yinjiraga mu ndege ku kibuga cya Entebbe

JamalJamajamaljama

Jamal

Jamal agisohoka mu ndege ageze i Kanombe mujyi wa Kigali

Jamal

Jamal asohoka mu kibuga cy'indege cya Kanombe

Jamal

Uyu muhanzi yiteguye gutaramira abanyarwanda mu buryo bwa Live mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu

JAMAL IN RWANDA

jAMAL MU RWANDA

Iyi modoka niyo yatwaye Jamal imujyana kuri hotel kuruhuka

Kwinjira mu gitaramo cyo kumurika album y’uyu muhanzi ni amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 5000 na 10 ,000frw muri VIP, araza kuba aherekejwe n’abahanzi barimo Jamal wo gihugu cya Uganda baheruka gukorana indirimbo Inshwi ndetse n’abandi barimo Mani Martin, Uncle Austin, Mico na Fireman.

REBA INDIRIMBO LOVE TERI FAIR:

Munyengabe Murungi Sabin






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Jordan10 years ago
    Kabisa Melody ndamwemeye yagize neza kuzana Jamalia
  • 10 years ago
    kobatavuze ahobibera?
  • 10 years ago
    kobatavuze ahobibera?





Inyarwanda BACKGROUND