RFL
Kigali

Inshuti za Miley Cyrus zashimangiye ko afite ibitsina bibiri

Yanditswe na: kundabose jean david
Taliki:3/01/2014 9:11
0




Nk’uko ikinyamakuru Life & Style magazine cyabitangaje, uyu mukobwa uzwi cyane mu ndirimbo We Can’t Stop ngo akunda kwishimisha ari kumwe n’abakobwa bagenzi be gusa ndetse akaba atishimira umusore wese umutereta ahubwo agahora ashaka abagore bagenzi be gusa.

Imyitwarire uyu mukobwa akunda kugaragaza ngo yerekana ko aryamana n’abakobwa bagenzi be bahuje igitsina ndetse akaba akekwaho kuba afite ibitsina bibiri nk’uko inshuti ze zabitangarije iki kinyamakuru.

\"\"

Iyi nkuru itangajwe nyuma y’uko mu gitaramo giherutse kubera Las Vegas uyu mukobwa yasomanye mu ruhame n’umubyinnyikazi wa Britney Spears. Muri icyo gitaramo abenshi babifashe nk’urwenya cyangwa gushaka gushimisha abantu nyamara nyuma y’igitaramo uyu mukobwa ngo yashatse uyu mubyinnyi bakomeza ibyishimo byabo ndetse baranararana.

\"\"

Umwe mu nshuti za Miley Cyrus yagize ati, “Miley Cyrus akunda abagore cyane kurusha abagabo. Ni ukuri ashobora kuba afite ibitsina bibiri”

Undi yagize ati, “Uyu mukobwa akunda abagore bagenzi be kurusha abagabo. Ashobora kuba yaraciwe intege no gutandukana na Liam. Njye ntibyantangaza hagize umugore uvuga ko yaryamanye na Miley”

Munyengabe Murungi Sabin






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND