RFL
Kigali

Imibyinire itangaje yaranze ibirori bya Billboard Music Awards-AMAFOTO

Yanditswe na: kundabose jean david
Taliki:20/05/2013 11:55
0


Mu ijoro ryakeye mu mujyi wa Las Vegas hatanzwe ibihembo bya Billboard Music Awards 2013. Mu bahanzi baririmbye hari abakoze udushya tudasanzwe.



Umuhanzi Miguel yakoze agashya ubwo yaririmbaga indirimbo ye yise Adorn . yashatse gusimbuka hejuru y’agatsiko k’abafana be bari biganjemo ab’igitsinagore maze aho yashakaga kwambikiranya anyuze mu kirere ntibyamukundira agongana n’umwe mu bafana be aba yikubise hasi.

Igitaramo nticyahagaze kuko uyu muhanzi w’imyaka 27 yihagazeho kigabo arakomeza araririmba gusa aho yaguye yicaye niho yakomereje kuririmba abafana be bamukurura amakote.

mi

Nguwo Miguel agerageza guca agahigo mu mibyinire gusa byarangiye aguye hasi

mi

Yaguye yicaye

ni

Nicki Manaj na Lil Wayne ubwo baririmbaga indirimbo bakoranye yitwa High Scholl batunguye abantu. Uyu mukobwa yabyinaga ahenera Lil Wayne, ubundi akamwicaraho. Nicki Minaj yikoraga ibintu byasekeje benshi

ni

ni

Nguwo Nick minaj hejuru ya Lil Wayne

ni

ni

Hano Nick Minaj yabyinaga imbyino zizwi nka Bent over

ni

ni

Chris Brown ageze imbere y'imbaga y'abari bitabiriye ibi birori yibyimbishije benshi baratangara. Yakoraga martial arts mu rwego rwo gushaka uburyo yakora ibintu bitangaje kuri stage

b

n

Uyu musore yasimbukaga mu buryo budasanzwe nk'umukinnyi wa Kung Fu

c

c

Chris Brown yashimishije benshi

chris

Munyengabe Murungi Sabin






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND