RFL
Kigali

Ibyo umuhanzikazi Kesha yakoze ku rubyiniro n'uko yari yambaye byatunguye benshi - AMAFOTO

Yanditswe na: Editor
Taliki:12/06/2014 21:35
3


Umuhanzi Kesha yatangaje abafana be ubwo yaririmbaga mu gikorwa cyo kurwanya kanseri y’ibere cyabereye ahitwa Santa Monica muri Leta ya Calfornia ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, uyu muririmbyikazi ibintu yakoreye ku rubyiniro bikaba bitaravuzweho rumwe.



Uretse imyambarire ye, uyu muhanzi yanikoze ibintu bidasanzwe we n’ababyinnyi be nabo batunguranye cyane. Kesha yaje yambaye imyenda ibonerana kuburyo yerekanye neza uko ateye, ikindi kandi akajya yikora mu myanya ye y’ibanga nabyo bitungura abo yaririmbiraga.

kesha

kesha

kesha

kesha

kesha

Uretse ibi Kesha yakoze, yanahagaze ku babyinnyi be nabo bari bambaye ukwabo, aba bakaba nta kindi bari bambaye uretse utwenda tw’imbere natwo two hasi gusa, aba bakaba baramuteruye ku matako yabo bamushyira mu birere aba ariho aririmbira.

kesha






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • 9 years ago
    yewe ndabona afite udushya nku twa senderi!!mbere wokwibaza ko ari mushiki we mugukora udushya!!ni danger
  • mugabe gerard9 years ago
    Ndabaza Uyu ari mushiki wawe wamugira iyihe nama??
  • 9 years ago
    namwihakana





Inyarwanda BACKGROUND