RFL
Kigali

Benshi mu byamamare batakaje ubusugi/ubumanzi bakiri bato

Yanditswe na: kundabose jean david
Taliki:25/12/2013 13:10
0




Dore bamwe mu bo twabashije kumenya igihe babikoreye:

\"\"

Samuel L Jackson umwe mu bakinnyi ba filime bakomeye yaggize ati“ Ku myaka 11 y’amavuko nicyo gihe nize cyo gukunda abakobwa ku buryo bukomeye. Naje rero kwitwaza ibiruhuka twakundaga kujyamo n’inshuti n’umuryango. Habaga hari abakobwa benshi cyane kandi twabaga ahantu mu biti ikindi kandi twari dufite n’akamenyero ko guhura mu msaha ya nimugoroba tukoga twambaye ubusa. Ndakeka abo bakobwa babaga bafite imyaka 14 na 15. Ni aho nabirngirije.

\"\"

Matthew Fox wamenye cyane muri filime y’uruhererekane ya Lost we yagize ati “Ndabyibuka neza cyane. Nari mfite imyaka 12 y’amavuko naho we yandushaga imyaka 2. Byabereye ahantu ku nkengero y’umugezi. Byari bibi cyane kandi binasa n’ubucucu.

\"\"

Gillian Anderson wamenyekanye cyane muri filime yitwa “X-Files” we yagize ati “Nari mfite imyaka 13. Yari umwe mu baririmbyi b’itsinda ryo muri ako gace. Byari ibintu bitangaje, by’ubugoryi kandi bibi cyane

\"\"

P.Diddy umwe mu bahanzi bakomeye bo ku mugabane wa Amerika yagize ati “Ngifite imyaka irindwi narabigerageje ariko birananira. Hanyuma ngize 13 nibwo nabikoze ariko nyine numvaga nsa n’umwe mubyamamare bikia filime z’urukozasoni(porno) kuko nari maze igihe kinini cyane nzireba kandi numva nshaka kuba nkabo.

\"\"

Jonny Deep na we uzwi nk’umwe mu bakinnyi bakomeye cyane ba filime yagize ati “Njye nari mfite imyaka 13 y’amavuko nabikoreye mu modoka.” We akaba afite umwihariko wo kuba yaranatangiye kunywa itabi akiri muto cyane ndetse akaba yaravuye mu ishuri ku myaka 16 y’amavuko.

\"\"

Robin Thiche, umuhanzi wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika we yagize ati “Kuri njye byabaye nko gukurikiza abambanjirije. Nari mfite imyaka 13 kandi ikinatangaje ntibyarengeje amasegonda 30.”

\"\"

Kim Kardashian, umukunzi wa Kanye West we yagize ati “Nabikoze mfite imyaka 14 mbikorana n’umuhungu twari tumaze imyaka 4 dukundana. Byaranshimishije kuko namukundaga cyane ndetse numvaga ari we tuzarushingana.

\"\"

Angelina Jolie, umwe mu bakinnyi ba filime bakunzwe cyane ku isi ahanini binatewe n’ibikorwa by’urukundo akora ndetse akaba n’umugore wa Brad Pitt na we wamamaye cyane mu gukina filime we yagize ati “Naryamanye bwa mbere n’umuhungu mfite imyaka 14 y’amavuko. Byari byiza, twabikoze mu rukundo rwinshi cyane. Icyo gihe nibwo twumvaga dushaka kurushaho kwegerana mu rukundo. Nafashe icyuma ndamukeba nawe arankeba . Byari bitangaje twabikoze tuvirirana amaraso yuzuye hose.”

\"\"

Aston Kutcher na we w’umukinnyi wa filime yagize ati “Nabikoranye n’umukobwa twari twarahujwe n’umusore w’inshuti yanjye. Nari mfite imyaka 18. Twabikoreye mu biti hanze. Byari bibi cyane kandi ntibyanageze no mu masegonda 30.

Denise IRANZI






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND