RFL
Kigali

Abantu batazwi baba bashaka kwivugana Chris Brown

Yanditswe na: ndayizeye claude
Taliki:21/05/2013 8:09
0




Ibyo rero byateye Geragos ubwoba cyane bituma ahita atabaza Polisi abaha n’amakuru yose y’ibyo yabwiwe, ubu Polisi ikaba ikiri mu ipirereza ngo imenye abo bantu ndetse irebe n’uko umutekano wa Chris Brown wakwitabwaho.

Chris Brown

Chris Brown kimwe n’ibindi byamamare muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari muri bamwe bavugwa cyane muri iyi minsi mu binyamakuru ariko ahanini bamwe barakeka ko iri terabwoba ahanini rituruka ku kuba mu minsi ishize yarakunze kubuzwa gushushanya ku nkuta (graffiti) n’abaturanyi be aho abenshi bavuga koateza umwanda.

Chris Brown usibye kuba yarishushanyijeho ubwe akunda gushushanya ku nkuta

Denyse Iranzi






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND