RFL
Kigali

Yemeye kuryamana na ba myugariro ba Napoli mu gihe baramuka basezereye Real Madrid

Yanditswe na: Seleman Nizeyimana
Taliki:7/03/2017 16:25
1


Umutaliyanikazi Paola Saulino yahamije ko yiteguye kunezeza mu buryo bwo guhuza umubiri na ba myugariro bose b’ikipe ya Napoli mu gihe iyi kipe yaramuka isezereye Real Madrid kuri uyu mugoroba wo ku wa kabiri mu mikino ya UEFA Champions League.



Uyu mukobwa w’imyaka 27 y’amavuko usanzwe ari n’umukinnyi wa filimi ndetse akaba yaramenyekanye cyane nk’umunyadushya mu ntangiriro z’uyu mwaka ubwo yavugaga ko yiteguye guha umubiri we umutaliyani wese uzatora ‘Oya’ kuri kamarampaka y’itegeko nshinga, ubu yongeye kugaruka mu bitangazamakuru mbere y’umukino wa 1/8 cyo kwishyura utegerejwe mu Butaliyani uhuza ikipe ya Napoli na Real Madrid muri Champions league.

Paolina

Paolina Saulino asanzwe ari umufana ukomeye wa Napoli

Napoli birayisaba gutsinda ibitego 2 ariko yo ntiyinjizwe na kimwe kugirango ibone itike yo gukomeza kuko umukino ubanza yari yatsindiwe muri Esipanye ibitego 3-1. Aha niho Paola usanzwe ufana bikomeye Napoli yahereye avuga ko yiteguye gutanga ibishoboka byose ariko abakinnyi b’ikipe ye bagakinana ishyaka kugirango basezerere iki kigugu.

Uyu mutaliyanikazi yasezeranyije ba myugariro ba Napoli ko nibahagarara neza ntibinjizwe igitego aza kubitura kubanezeza abaha igitsina cye kuri buri wese wabyifuza. Uyu mukobwa yanavuze ko bitarangirira ku bakinnyi gusa kuko yiteguye no gushimisha abafana bose baza kuba bitabiriye uyu mukino basaga ibihumbi 60(60,000) baza kuba bari muri stade ya San Paolo.

Source: 7sur7






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • marthens 7 years ago
    ubonye Ibyo ubunza





Inyarwanda BACKGROUND