Nk’ uko biagaragazwa n’ ururtonde ngarukakwezi rukorwa n’ishyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru ku isi FIFA, u RWANDA rwongeye kuzamukaho imyanaya igera ku 8 aho rubarizwa ku mwanya wa 93 ku isi kuko rwavuye ku mwanya w’101 rwariho, ruri kandi ku mwanya wa 25 muri Afurika.
Mu bihugu byo mu karere u Rwanda ruza ku mwanya wa 2 nyuma ya Uganda iri ku mwanya wa mbere muri Afurika y’ Uburasirazuba, 19 muri Afurika na 79 ku isi mu gihe ibihugu nka Kenya, Tanzaniya, Burundi biri inyuma y’ u Rwanda.
Ku isi uru ruotonde rukomeje kuyoborwa n’ u Budage bukurikiwe na Argentina, mu gihe muri Afurika ruyobowe na Algeria ariko ku isi ikaza ku mwanya wa 20.
Amakipe 15 ya mbere ku isi:
Amakipe ya mbere muri Afurika:
Mu karere ka CECAFA:
Alphonse M. Penda
TANGA IGITECYEREZO