Rwatubyaye Abdul wahoze ari myugariro wa APR FC yamaze kugera muri Rayon Sports nyuma yo kuba yari amaze gufasha iyi kipe kwegukana igikombe cya shampiyona.
Rwatubyaye asinye imyaka ibiri muri Rayon Sports nyuma yaho gahunda yari arimo yo kujya muri shampiyona y'icyiciro cya gatatu muri Slovakia ijemo amananiza y'ibyangombwa. Ibi bitumye yemeranya n'iyi kipe y'ubururu n'umweru kuzayikinira mu gihe cy'imyaka ibiri iri imbere.
Rwatubyaye asinya amasezerano y'imyaka ibiri muri Rayon Sports
Azajya yambara nimero 15
TANGA IGITECYEREZO