RFL
Kigali

Nzamwita Vincent yakuyemo kandidatire ashimira buri umwe wese wamubaye inyuma

Yanditswe na: Mihigo Saddam
Taliki:30/12/2017 11:38
3


Muri iki gitondo ni bwo ubwo hari hateganyijwe amatora y’uwugomba kuyobora FERWAFA mu myaka ine iri imbere. Nzamwita Vincent de Gaule wari uhanganye na Rwemarika Felicite yahise akuramo kandidatire habura amasaha macye ngo amatora abe.



Nk’uko bigaragara ku rukuta rwa Twitter rwa FERWAFA, Nzamwita Vincent de Gaule yavuze ko akuyemo kandidatire ye kubera impamvu ze bwite n’umuryango we. Yashimiye kandi buri umwe wese wamubaye inyuma mu gihe cyose amaze ayobora FERWAFA ndetse atangaza ko azakomeza gushyigikira siporo yo mu Rwanda no gushyigikira Perezida wa FERWAFA uri butorwe.

Ubutumwa buri kuri Twitter ya FERWAFA

Ubutumwa buri kuri Twitter ya FERWAFA

Ahari kubera amatora

Ahari kubera amatora

Image result for nzamwita vincent inyarwanda

Nzamwita Vincent de Gaule






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • mabe6 years ago
    nagende turebeko undi uzaza azazana impinduka muri sport gusa nsaba ko uwariwe wese uzayobora ferwafa yakagombye kubaka umupira wamaguru ahereye kubana bato
  • Derick 6 years ago
    Congregation Kubakunzi Baruhago Mu Rwanda Kuba Uwo Muntu Uvuyemo muri Ruhago Yacu So Umwaka Mushya Kbxxxx Kuba Avuyemo
  • Jimmy6 years ago
    ndizerako ubung'ubu Amavubi neneho, agiye kumenyeka. natange ahe abandi. kko nitwazaguma hasi nki gikuri. Congress ruhago yacu rwose





Inyarwanda BACKGROUND