RFL
Kigali

Myasiro Jean Marie Vianney yabuze umubyeyi

Yanditswe na: Mihigo Saddam
Taliki:8/09/2017 8:57
1


Inkuru ibabaje kuri Myasiro Jean Marie Vianney umukinnyi rurangiranwa mu mukino wo gusiganwa ku maguru nuko mu gitondo cy’uyu wa Gatanu yabuze umwe mu babyeyi be (Papa we) wavuye mu mwuka w’abazima.



Saa munani n’iminota 47 z’ijoro (02h47’) ni bwo Myasiro yamenyesheje inshuti ze za hafi ko papa we yitabye Imana azize uburwayi nyuma y’igihe yaramaze arwaye.

Umuryango wa Myasiro Jean Marie Vianney ukaba ubarizwa mu Karere ka Nyaruguru mu ntara y’amajyepfo, umurenge wa Busanze, akagali ka Burarangombe mu mudugudu wa Gitwe. Inshuti n'abavandimwe bari hafi bihutire kubatabara.

KANDA HANO WUMVE UNAREBE AMATEKA YA MYASIRO JMV






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • tinah6 years ago
    Yooooo ESE nurya musaza Rwasamanzi jean waguye chub , disi Imana imwakire , natwe twamukurikiranaga yatubabaje Gusa Imana yamukunze





Inyarwanda BACKGROUND