Inkuru ibabaje kuri Myasiro Jean Marie Vianney umukinnyi rurangiranwa mu mukino wo gusiganwa ku maguru nuko mu gitondo cy’uyu wa Gatanu yabuze umwe mu babyeyi be (Papa we) wavuye mu mwuka w’abazima.
Saa munani n’iminota 47 z’ijoro (02h47’) ni bwo Myasiro yamenyesheje inshuti ze za hafi ko papa we yitabye Imana azize uburwayi nyuma y’igihe yaramaze arwaye.
Umuryango wa Myasiro Jean Marie Vianney ukaba ubarizwa mu Karere ka Nyaruguru mu ntara y’amajyepfo, umurenge wa Busanze, akagali ka Burarangombe mu mudugudu wa Gitwe. Inshuti n'abavandimwe bari hafi bihutire kubatabara.
TANGA IGITECYEREZO