RFL
Kigali

Mu mafoto: Amakipe n’abakunzi ba ruhago bitabiriye imikino ya shampiyona yo mu Bwongereza bifatanije n’abafaransa

Yanditswe na: Seleman Nizeyimana
Taliki:23/11/2015 9:56
2


Nyuma y’ibitero by’ibyihebe byibasiye umujyi wa Paris mu Bufaransa, muri iyi weekend ishize, ubwo shampiyona z’ibihugu ku mugabane w’u Burayi zasubukurwaga, amakipe yo mu Bwongereza n’abafana bayo bahuje umugambi maze bunamira inzirakarengane zisaga 130 zaguye muri ibyo bitero.



Uretse amabendera y’igihugu cy’u Bufaransa, n’amagambo 'Liberte, Egalite, Fraternite'  agaragara mu kirango cya Repubulika y’u Bufaransa, mbere y’umukino ku mastade atandukanye baririmbye indirimbo y’igihugu y’u Bufaransa ‘La marseillaise’.

barclays

Umutoza wa Arsenal, umufaransa Arsene Wenger(hagati) ni umwe mu bafaransa 22 bagaragaye ku munsi wa 13 wa shampiyona y'u Bwongereza yunamira abavandimwe babafaransa

Arsene Wenger

Arsene Wenger aririmba 'La Marseillaise' mbere y'umukino wahuje Arsenal na West Brom, inyuma ye ni umufaransa Mathieu Debuchy

Barclays

Manchester city na Liverpool nabo bafashe umunota umwe wo kunamira inzirakarengane zaguye muri ibi bitero

Barclays

Abafana ba Manchester city bagaragaje ko bifatanije n'abafaransa b'i Paris

Arsene

Arsenal na West Brom mbere y'umukino bunze ubumwe bibuka abaguye muri ibi bitero

Olivier Giroud

Rutahizamu w'Arsenal, unakinira u Bufaransa Olivier Giroud(wegeranye n'umusifuzi)yunamira bene wabo

Remi Garde

Remi Garde(ibumoso), umutoza uherutsa gusinya muri Aston Villa, ni umwe mu Bafaransa nabo bunamiye bene wabo mbere y'umukino

Aston Villa

Everton na Aston Villa, mbere y'umukino wari uwa kabiri watojwe n'umufaransa Remi Garde aza no kuwutsindwamo ibitego 4 byose ku busa

barc

Barclays

Manchester United na Watford nabo bafatanye urunana bafatanya n'abafana kuririmba indirimbo y'igihugu y'u Bufaransa

Barclays

Abakinnyi ba Chelsea na Norwich city babanje mu kibuga

Barclays

Southampton na Stoke city nabo bifatanije n'abafaransa

Barclays

Swensea na Bournemouth

Barclays

Chelsea

Aha ni kuri stade ya Chelsea, Stamford bridge

Chelsea

Abakinnyi ba Chelsea bose bari bambaye agatambaro ku mukara karimo amabara atatu y'idarapo ry'u Bufaransa

Newcastle

Kuri stade ya Newcastle United naho amadarapo y'u Bufaransa yari yazamuwe

everton

Abafana ba Aston Villa, mbere y'umukino wabahuje na Everton

Barclays

Umufana wa Stoke city

Barclays

Umufana wa Chelsea

barcl

Idarapo ry'u Bufaransa mu bafana, ku mukino wa Manchester United

Barclays

Police nayo yari yakajije umutekano ku bibuga

Barclays

bar

barclays

barclays

Ng'uko uko byari byifashe mu Bwongereza

Gusa uretse muri shampiyona ya Barclays Premier league y'ikiciro cya mbere mu Bwongereza, hirya no hino ku mugabane w'u Burayi iki gikorwa cyo kwifatanya n'abafaaransa cyabayeho, aho twavuga by'umwihariko nko ku mukino wari utegerejwe cyane wa El Clasico wahuje Real Madrid na FC Barcelona, ndetse by'umwihariko amakipe yo mu Bufaransa nayo mbere yo gutangira imikino yo muri weekend akaba yarabanzaga gufata umwanya wo kwibuka no kunamira inzirakarengane.

France

Aha ni umukino wahuje Lyon na Nice, wari umukino wa mbere mu Bufaransa wakinwe nyuma y'ibi bitero

France

Paris Saint-Germain na Lorient mbere y'umukino nabo bafashe umunota wo kwibuka

france

france

Abafaransa bifuriza bene wabo kuruhukira mu mahoro

France

Real Madrid na FC Barcelona mbere y'umukino

Source:Dailymail






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • PETER8 years ago
    pray also for Syria people, they are also dying cause of terrorism, we all stand together to fight against terror also praying for all deceased innocent people: syria,france,cameroun,somalia,nigeria,........
  • 8 years ago
    thanks for say that maybe you gonna get trouble again france in soccer sission





Inyarwanda BACKGROUND