RFL
Kigali

Mashami Vincent yahamagaye abakinnyi 23 azitabaza muri Guinea (Amafoto y’imyitozo)

Yanditswe na: Mihigo Saddam
Taliki:8/10/2018 11:14
2


Mashami Vincent umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu Amavubi yahamagaye abakinnyi 23 bazahagararira u Rwanda mu mukino rufitanye na Guinea kuwa 12 Ukwakira 2018 i Conakry mu rugendo rwo gushaka itike y’igikombe cya Afurika 2019 kizabera muri Cameroun.



Abakinnyi 23 bahamagawe nyuma y’igihe gito bamaze bakora imyitozo basa naho bose bari kumwe, bagomba guhaguruka mu Rwanda ku gica munsi cy’uyu wa Mbere tariki ya 8 Ukwakira 2018 Saa munani n’iminota 20 (14h20’) bagana i Conakry.

U Rwanda na Guinea bazaba bakina umukino w’umunsi wa gatatu mu itsinda rya munani (H) bahurira na Republique Centre Afrique cyo kimwe na Cote d’Ivoire iheruka gutsinda u Rwanda ibitego 2-1.

Haruna Niyonzima kapiteni w'ikipe y'igihugu Amavubi  atemberana umupira imbere ya Ngendahimana Eric wa POlice FC

Haruna Niyonzima kapiteni w'ikipe y'igihugu Amavubi atemberana umupira imbere ya Ngendahimana Eric wa Police FC

Imyitozo y'Amavubi yari imaze igihe gito abakinnyi bakorera hamwe

Imyitozo y'Amavubi yari imaze igihe gito abakinnyi bakorera hamwe

Kwizera Olivier (Umuhondo), Kimenyi Yves (12) na Hategekimana Bonheur (23) wari waje kuvumba imyitozo

Kwizera Olivier (Umuhondo), Bashunga Abouba (12) na Hategekimana Bonheur (23) wari waje kuvumba imyitozo 

Abakinnyi 23 Mashami Vincent azitabaza muri Guinea:

Abanyezamu: Kwizera Olivier (Free State Stars/Africa y’Epfo) na Kimenyi Yves (APR FC/Rwanda)

Abakina inyuma: Nirisarike Salomon (AFC Tubize, Ububiligi),Rwatubyaye Abdoul (Rayon Sports FC), Rugwiro Herve (APR FC), Manzi Thierry (Rayon Sports FC),Fitina Ombolenga (APR FC), Imanishimwe Emmanuel (APR FC), Eric Rutanga (Rayon Sports FC) na Rusheshangoga Michel (APR FC)

Abakina hagati: Mugiraneza Jean Baptiste (APR FC), Mukunzi Yannick (Rayon Sports FC), Muhire Kevin (Rayon Sports FC), Bizimana Djihad (Waasland-Beveren, Ububiligi), Haruna Niyonzima (SC Simba, Tanzania), Manishimwe Djabel (Rayon Sports FC), Buteera Andrew (APR FC), Niyonzima Ally (AS Kigali) na Iranzi Jean Claude (APR FC)

Abataha izamu: Kagere Meddie (SC Simba, Tanzania), Tuyisenge Jacques (Gor Mahia, Kenya), Hakizimana Muhadjiri (APR FC) na Usengimana Dany (Tersana SC, Egypt)

Intebe ya tekinike y'u Rwanda bajya inama

Intebe ya tekinike y'u Rwanda bajya inama

Abakinnyi ba APR FC bari bakinnye Super Cup 2018

Abakinnyi ba APR FC bari bakinnye Super Cup 2018 

Rwabugiri Omar umunyezamu mukuru wa Mukura VS  nawe yakinnye Super Cup 2018

Rwabugiri Omar umunyezamu mukuru wa Mukura VS

Rwabugiri Omar umunyezamu mukuru wa Mukura VS  nawe yakinnye Super Cup 2018

Kimenyi Yves umunyezamu wa APR FC  ari muri 23

Kimenyi Yves umunyezamu wa APR FC  ari muri 23

Kwizera Olivier umunyezamu wa Free State Stars akaba uwa mbvere w'Amavubi

Kwizera Olivier umunyezamu wa Free State Stars

Kwizera Olivier umunyezamu wa Free State Stars akaba uwa mbere w'Amavubi 

Hategekimana Bonheur usanzwe ari umunyezamu wa AS Kigali yari yaje kwifatanya n'abandi mu myitozo y'iki Cyumweru

Hategekimana Bonheur usanzwe ari umunyezamu wa AS Kigali yari yaje kwifatanya n'abandi mu myitozo y'iki Cyumweru

Emery Bayisenge  nubwo atahamagawe yabaga mu mwiherero anakora imyitozo ngo arebe ko yagaruka ku murongo

Emery Bayisenge  nubwo atahamagawe yabaga mu mwiherero anakora imyitozo ngo arebe ko yagaruka ku murongo

Emery Bayisenge  nubwo atahamagawe yabaga mu mwiherero anakora imyitozo ngo arebe ko yagaruka ku murongo

Emery Bayisenge nubwo atahamagawe yabaga mu mwiherero anakora imyitozo ngo arebe ko yagaruka ku murongo

Danny Usengimana ukinira Tersana mu Misiri

Danny Usengimana ukinira Tersana mu Misiri 

Manzi Thierry myugariro wa Rayon Sports n'Amavubi

Manzi Thierry myugariro wa Rayon Sports n'Amavubi

Manzi Thierry myugariro wa Rayon Sports n'Amavubi

Manishimwe Djabel utaranahamagawe ku mukino wa Cote d'Ivoire ubu ari muri 23

Manishimwe Djabel utaranahamagawe ku mukino wa Cote d'Ivoire ubu ari muri 23 

Muhire Kevin (11) mu myitozo

Muhire Kevin (11) mu myitozo

Ally Niyonzima  ukina hagati  muri AS Kigali nawe ari muri 23

Ally Niyonzima ukina hagati muri AS Kigali nawe ari muri 23 

Eric Rutanga Alba  myugariro waRayon Sports n'Amavubi

Eric Rutanga Alba  ahagera

Eric Rutanga Alba myugariro wa Rayon Sports n'Amavubi

Imyitozo y'Amavubi yose yabereye kuri sitade Amahoro

Imyitozo y'Amavubi yose yabereye kuri sitade Amahoro

Aboubakar Nsengimana ukinira Interforce Fc akanaba murumuna wa Danny Usengimana aba yazindutse kureba uko mukuru we ahagze

Aboubakar Nsengimana ukinira Interforce Fc akaba murumuna wa Danny Usengimana aba yazindutse kureba uko mukuru we ahagze

Rwatubaye Abdul mu myitozo

Rwatubyaye Abdul mu myitozo

Rwatubaye Abdul mu myitozo

Danny Usengimana mu myitozo

Danny Usengimana mu myitozo 

Seninga Innocent  umutoza mukuru wa Bugesera FC unungirije mu Mavubi areba ku isaha

Seninga Innocent  umutoza mukuru wa Bugesera FC unungirije mu Mavubi  

Iranzi Jean Claude ku mupira mu myitozo

Iranzi Jean Claude ku mupira mu myitozo

PHOTOS: Saddam MIHIGO (Inyarwanda.com)






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Jojo5 years ago
    Kwizera Olivier azongera atsindishe amavubi nkubushize. Mwizamu hazagemo bashumba abouba
  • Maurice5 years ago
    Kwizera Olivier navemo rwose dukinishe Bashunga





Inyarwanda BACKGROUND