RFL
Kigali

FERWAFA ntirashira amakenga urugendo rwa Milutin Micho muri Uganda

Yanditswe na: ndayizeye claude
Taliki:17/04/2013 9:35
0




Uyu mutoza utaratanze umusaruro Abanyarwanda ndetse n置buyobozi bw置mupira w誕maguru bwari bumwitezeho arabura amezi arindwi gusa kugira ngo amasezerano afitanye n段kipe y段gihugu arangire ndetse hakaba hari amahirwe menshi ko adashobora kongezwa andi.


Micho akaba yarerekeje mu gihugu cya Uganda mu cyumweru gishize gusa ahakana yivuye inyuma ko nta biganiro yigeze agirana n段shyirahamwe ry置mupira w誕maguru muri Uganda (FUFA).

Kugeza ubu Milutin Micho arabarizwa mu mujyi wa Istanbul muri Turikiya aho yagiye kwivuza nkuko yasize abimenyesheje FERWAFA, nyamara ibinyamakuru byo muri Uganda biratangaza ko ari gusaba akazi ko gutoza Uganda.

Nk置ko  bitangazwa na The New Times, Umunyamabanga mukuru wa FERWAFA, Michel Gasigwa aravuga ko bagiye gukora iperereza kugirango bamenye neza niba koko Micho yarajyanywe no kwivuza cyangwa se niba ari kwishakira akandi kazi.

Gasigwa yakomeje avuga ko ari uburenganzira bwe kuba yajya aho ashaka kandi ko ashobora no kuvugana n誕ndi makipe amushaka gusa kuba yaba yarabeshye ko agiye kwivuza byaba ari ikibazo ndetse bagomba guperereza bakamenya neza.

Ubusanzwe Micho azwi muri Uganda nk置mutoza wazamuye abakinnyi bakomeye muri Uganda ubwo yatozaga SC Villa akabashakira amakipe hanze barimo Nestroy Kizito, Posney Omony, Phillip Ssozi, Batabaire na Dennis Onyango.

Tubibutse ko Micho yatangiye gutoza amavubi mu mwaka wa 2011 ubwo yitabiraga CECAFA y段bihugu yitwara neza agera ku mukino wa nyuma atsinzwe na Uganda kuri Penaliti. Nyuma yaho yaje kunganya na Nigeria I Kigali atangira kugirirwa icyizere.

cyaje kuraza amasinde kuko atabashije kugeza Amavubi mu gikombe cya Afurika ndetse n段cy棚si ugereranyije nuko amaze kwitwara mu itsinda Urwanda rurimo.

Ikibazo cyibazwa na benshi nyuma yo kuvugwaho gushaka kwigira gutoza amakipe y段bihugu duturanye birimo Kenya na Uganda.      

Rutaganda Ponny






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND