RFL
Kigali

Nshuti Dominique Savio yatangiye imyitozo muri APR FC

Yanditswe na: Mihigo Saddam
Taliki:29/01/2018 16:36
0


Nshuti Diminique Savio umukinnyi mu mpande z’ikibuga agana imbere mu ikipe y’igihugu n’Amavubi ndetse wubakiye izina muri Rayon Sports mbere yo kujya muri AS Kigali, kuri iki gicamunsi ari gukorera imyitozo mu ikipe ya APR FC ifite igikombe cy’Amahoro cya 2017.



Ni nyuma yaho amakuru yari amaze iminsi itari micye bivugwa ko ikipe ya APR FC yaba yaramuguze na AS Kigali nyuma yuko uyu mukinnyi nawe yakunze gutangaza ko ibyo AS Kigali yamwijeje itabyubahirije.

AS Kigali yari yamuguze miliyoni 16 z’amafaranga y’u Rwanda (16.000.000 FRW), yemererwa imodoka n’inzu. Ibi Savio yakunze kuvuga ko atarabibona mbere yuko anava mu kibazo cy’imvune yari afite ku rutugu.

…..Inkuru irambuye ni mu kanya….

Nshuti Domique Savio yahawe nimero 27

Nshuti Domique Savio yahawe nimero 27

Nshuti Dominique Savio ku kihbuga cya Kicukiro nubwo atakoze mu gitondo

Nshuti Dominique Savio ku kibuga cya Kicukiro nubwo atakoze mu gitondo

Imyitozo ya APR FC yibanze cyane mu kwiruka

Abandi bakinnyi bari babanje kwiruka mu gitondo adahari






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND