Mazimpaka Andre wari umaze umwaka w’imikino 2017-2018 mu ikipe ya Musanze FC yamaze kuyivamo asinya imyaka ibiri (2) mu ikipe ya Rayon Sports kuri ubu iri mu kibazo cyo kuba idafite umubare uhagije w’abanyezamu bizewe.
Mazimpaka wageze muri FC Musanze avuye muri Mukura Victory Sport, yasinye imyaka ibiri muri Rayon Sports amasezerano y’imyaka ibiri (2) biba ngombwa ko ahita yishyura FC Musanze umwaka umwe yari abasigayemo.
Mazimpaka Andre wari umaze umwaka muri Musanze FC yasinye imyaka ibiri muri Rayon Sports
TANGA IGITECYEREZO