RFL
Kigali

BREAKING NEWS: Mazimpaka Andre wari umunyezamu wa Musanze FC yasinye muri Rayon Sports

Yanditswe na: Mihigo Saddam
Taliki:13/09/2018 17:12
3


Mazimpaka Andre wari umaze umwaka w’imikino 2017-2018 mu ikipe ya Musanze FC yamaze kuyivamo asinya imyaka ibiri (2) mu ikipe ya Rayon Sports kuri ubu iri mu kibazo cyo kuba idafite umubare uhagije w’abanyezamu bizewe.



Mazimpaka wageze muri FC Musanze avuye muri Mukura Victory Sport, yasinye imyaka ibiri muri Rayon Sports amasezerano y’imyaka ibiri (2) biba ngombwa ko ahita yishyura FC Musanze umwaka umwe yari abasigayemo.

 Image result for Mazimpaka Andre

Mazimpaka Andre wari umaze umwaka muri Musanze FC yasinye imyaka ibiri muri Rayon Sports






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • muhirwa dieudonne5 years ago
    nishimiye gusinya kwa mazimpaka andre muri gikundiro yacu na radu
  • Hakim5 years ago
    Nazeturamwishimiye
  • Bite5 years ago
    None Kassim na Gerard bazabirukana ?





Inyarwanda BACKGROUND