Umunyarwanda Areruya Joseph ni we watwaye isiganwa mpuzamahanga ryo gusiganwa ku magare ryaberaga mu gihugu cya Gabon nyuma yuko yari yambaye umwenda w’umuhondo mu gace ka kane akaba arangije nta mukinnyi urawumwambura.
Mu gace ka karindwi kasozaga iri siganwa ryakinwaga ku nshuro ya 13, bavaga i Bikele bagana mu murwa mukuru wa Gabon uri i Libreville ku ntera ya kilometero 139.5 (139.5 KM). Areruya ntiyabashije kugatwara (Etape) kuko yatwawe na Luca Pacioni ukinira Wilier Sella Itali ariko ntabashe gukuramo ibihe Areruya Joseph yari yizigamiye.
Areruya Joseph yatangiye aka gace ka nyuma yambaye umwenda w’umuhondo kuko yari amaze gukoresha amasaha 20, iminota 44 n’amasegonda 58’……
Inkuru irambuye ni minota iri imbere.
Dore abatwaye La Tropicale Amisa Bongo kuva mu 2006:
TANGA IGITECYEREZO