Albert Mphande umutoza wari umenyerewe mu ikipe ya Nkwazi FC mu cyiciro cya mbere muri shampiyona ya Zambia, yamaze gusinya amasezerano y’imyaka ibiri azamara atoza ikipe ya Police FC iheruka gutandukana na Seninga Innocent.
Mphande yatandukanye na Nkwazi FC imwirukanye ku mirimo yo gukomeza kuyitoza. Mphande yageze mu Rwanda kuwa 25 Mata 2018 aje kurangiza ibiganiro n’ikipe ya Police FC kuri ubu bikaba byamaze gutungana akaba agomba gufatanya na Nshimiyimana Maurice Maso wari umaze kuyitoza imikino itatu (3).
Albert Mphande umutoza mushya wa Police FC
Inkuru irambuye ni mu kanya…….
TANGA IGITECYEREZO