RFL
Kigali

Breaking News: Albert Mphande yasinyiye gutoza Police FC

Yanditswe na: Mihigo Saddam
Taliki:3/05/2018 12:06
1


Albert Mphande umutoza wari umenyerewe mu ikipe ya Nkwazi FC mu cyiciro cya mbere muri shampiyona ya Zambia, yamaze gusinya amasezerano y’imyaka ibiri azamara atoza ikipe ya Police FC iheruka gutandukana na Seninga Innocent.



Mphande yatandukanye na Nkwazi FC imwirukanye ku mirimo yo gukomeza kuyitoza. Mphande yageze mu Rwanda kuwa 25 Mata 2018 aje kurangiza ibiganiro n’ikipe ya Police FC kuri ubu bikaba byamaze gutungana akaba agomba gufatanya na Nshimiyimana Maurice Maso wari umaze kuyitoza imikino itatu (3).

Albert ushobora guhabwa akazi ko gutoza Police FC

Albert Mphande umutoza mushya wa Police FC

Inkuru irambuye ni mu kanya…….






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • garou5 years ago
    ikibazo cya police f c s'umutoza . ikibazo nubuyobozi budafite esprit yo gutwara ibikombe , nigute w ahatanira shampiyona utagura abakinnyi bakomeye . abo twita first class ahubwo ukajya kwigurira muri za musanze naza etincelles





Inyarwanda BACKGROUND