Ku bufatanye n’abanyamakuru bakorera ibitangazamakuru bitandukanye bikorera mu Rwanda, INYARWANDA izajya igeza ku bakunzi b’umupira w’amaguru na siporo muri rusange, ibishobora kuva mu minota 90’ y’umukino kugira ngo bifashe abatega (Betting) kuba babona aho bahera bahitamo.
Amakipe aba banyamakuru bazajya batanga ntibiba bivuze ari ihame ko ibyo bavuze biba ijana ku ijana (100%) ahubwo baba bagerageje kureba mu bushishozi bwabo bafite bakareba igishobora kuba bityo nk’umukunzi wa ruhago nawe akanyuzamo amaso n’ubushishozi nawe akareba igikwiye.
1.Kalisa Bruno Taifa (Amakipe yose gutsinda)
1.AS Monaco
2.Tottenham Hotspur
3.SSC Napoli
4.Everton
5.Leipzig
6.Borussia Dortmund
7. Nice
KALISA Bruno Taifa umunyamakuru w'imikino abenshi bazi ku izina rya Mutalamu
2.Hagenimana Benjamin (Amakipe yose gutsinda)
1.AS Monaco
2.FC Basel
3.Tottenham Hotspur
4.AS Roma
5. FC Porto
Hagenimana Benjamin bita Gicumbi
3.Muramira Regis (City Radio)
I.Amakipe yose gutsinda
Tothenham, Everton, Manchester city, Juventus, AS Roma, Torino, Napoli , Real Madrid, FC Barcelona, Hoffeinhem, Leipzig, Nice, Monaco, Liverpool, Schalke04, FC Marseille na Rivers United.
II. Amakipe ari buze kuba yakwinjizanya
1.Inter Milan
2.Valencia
Muramira Regis
TANGA IGITECYEREZO