RFL
Kigali

Amavubi yakoze imyitozo mbere yo gucakirana na Republique Centre Afrique kuri iki Cyumweru-AMAFOTO

Yanditswe na: Mihigo Saddam
Taliki:11/06/2017 11:02
1


Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi kuri ubu irabarizwa i Bangui muri Republique Centre Afrique aho bagomba kwakirwa n’iyi kipe mu mukino ubanza mu rugamba rwo gushaka itike y’igikombe cya Afurika 2019 kizabera muri Cameron.



Amavubi yahagurutse mu Rwanda kuwa Gatanu tariki ya 9 Kamena 2017, abakinnyi bagera i Bangui ahazabera umukino mbere yuko bakora imyitozo yoroheje ku gicamunsi cy’uyu wa Gatandatu bitegura gucakirana n’abakinnyi bari imbere y’abafana babo.

Ni umukino u Rwanda ruba rukina rubifashwamo n’umutoza mushya ndetse bakaba bakina umukino wa gatatu u Rwanda ruzaba rukina kuva Antoine Hey yahabwa akazi.

Dore uko imikino imwe yagenze n’iyisigaye irimo nuwo u Rwanda rugomba gukina.

 

Friday:

Grp L: Cape Verde v Uganda (postponed to Sunday)

Grp A: Sudan 1-3 Madagascar

Grp G: DR Congo 3-1 Congo

Grp E: Libya 5-1 Seychelles

Grp I: Burkina Faso 3-1 Angola

Saturday:

Grp C: Mali v Gabon (1900)

Grp B: Malawi 1-0 Comoros

Grp A: Senegal v Equatorial Guinea (2000)

Grp C: Burundi 3-0 South Sudan

Grp H: Ivory Coast 2-3 Guinea

Grp K: Zambia 0-1 Mozambique

Sunday:

Grp I: Botswana 0-1 Mauritania

Grp G: Zimbabwe v Liberia (1300)

Grp B: Cameroon 1-0 Morocco

Grp H: CAR v Rwanda (1400)

Grp J: Niger 0-0 Swaziland

Grp D: Benin v The Gambia (1500)

Grp K: Guinea-Bissau 1-0 Namibia

Grp F: Ghana v Ethiopia (1530)

Grp E: Nigeria 0-2 South Africa

Grp D: Algeria v Togo (2100)

Grp F: Sierra Leone 2-1 Kenya

Grp J: Tunisia v Egypt (2200)

Grp L: Tanzania 1-1 Lesotho

 

 Amavubi yakoraga imyitozo banazi ko Guinea yamaze gutsinda Cote d'Ivoire ibitego 3-2

Amavubi yakoraga imyitozo banazi ko Guinea yamaze gutsinda Cote d'Ivoire ibitego 3-2

U Rwanda ruzakina saa kumi z'umugoroba (16h00') ku masaha yo mu Rwanda

U Rwanda rurakina saa kumi z'umugoroba (16h00') ku masaha yo mu Rwanda 

Mu gihe Amavubi yatsinda ikinyuranyo cy'ibitego bibiri (2) u Rwanda rwatangira ruyobora itsinda

Mu gihe Amavubi yatsinda ikinyuranyo cy'ibitego bibiri (2) u Rwanda rwatangira ruyobora itsinda 

18 Antoine Hey yajyanye i Bangui:

Abazamu: Ndayishimiye Eric (Rayon Sports) na Nzarora Marcel (Police Fc)

Abakina inyuma: Rusheshangoga Michel (APR Fc), Imanishimwe Emmanuel (APR Fc), Manzi Thierry (Rayon Sports), Bayisenge Emery (KAC Kénitra), Nsabimana Aimable (APR Fc) na Nirisarike Salomon (AFC Tubize, Belgium)

Abakina hagati: Mugiraneza Jean Baptiste (Gor Mahia, Kenya), Niyonzima Haruna (Young Africans, Tanzania), Nshuti Dominique Savio (Rayon Sports), Iranzi Jean Claude (MFK Topvar Topoľčany, Slovakia), Omborenga Fitina (MFK Topvar Topoľčany, Slovakia), Djihad Bizimana (APR Fc) na Niyonzima Olivier (Rayon Sports)

Abataha izamu: Usengimana Dany (Police Fc), Sugira Ernest (AS Vita, DR Congo), Tuyisenge Jacques (Gor Mahia, Kenya)






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • 6 years ago
    Amavubi birababaje kubona umutoza mwanze ariwe ubatsinze bimeze nka bimwe bya mico





Inyarwanda BACKGROUND