Ikipe ya Etincelles Fc igomba kuba yakira Rayon Sports saa cyenda n’igice (15h30’) mu mukino ubanza wa kimwe cy’umunani cy’igikombe cy’Amahoro 2018, umukino utarabereye igihe.
Ni umukino Rayon Sports isabwa kuba yatsinda kugira nho izarangize urugendo rwa 1/8 igana muri ¼ aho iyizakomeza izahura na FC Marines n’ubundi y’i Rubavu.
Kigali-Rubavu uyu mufana wa Rayon Sports yagiye na moto
Ntabwo abafana buzuye imihanda nk’uko bijya bigenda ariko ubona ko bagenda baza umwe umwe n’amatsinda ku buryo umukino ujay gutangira bamaze kuba benshi. Bigendanye n’ibiciro biriho (2000, 3000 na 5000 FRW), wumva abatuye i Rubavu bavuga ko ari menshi kuko ngo bamenyereye itike ya macye ari 1000 FRW.
Abafana ba Rayon Sports
Abakinnyi babanza mu kibuga:
Rayon Sports XI: Ndayisenga Kassim (GK, 29), Nyandwi Saddam 16, Eric Rutanga 3, Usengimana Fasutin 15, Manzi Thierry 4, Mutsinzi Ange Jimmy 5, Manishimwe Djabel 28, Muhire Kevin 8, Shaban Hussein Tchabalala 11, Habimana Yussuf Nani 14, Christ Mbondy 9
Etincelles FC XI: Nsengimana Dominique (GK, 32), Mbonyingabo Regis 7, Kayigamba Jean Paul 24, Djumapili Iddy 3, Niyonsenga Ibrahim 17, Nswngiyumva Irshad 23, Tuyisenge Hackim 25, Mumbele Saiba Claude 13, Nahimana Isiaq 11 , Nduwimana Michel Balack 12, Mugenzi Cedric Ramires 4
MC NH uri gushyushya abantu aho SKOL iri gukorera
SKOL Rwanda yashinze ibirindiro kuri sitade Umuganda
Abafana binjira
Umujyi wa Gisenyi wirirwanye umucyo
ETINCELLES FC bishyushya
Ugana muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
Rayon Sports bishyushya
Akayezu Jean Bosco yahoze muri Police FC yabanje hanze
AMAFOTO: Saddam MIHIGO (Inyarwanda.com)
TANGA IGITECYEREZO